Muri izo mbuga harimo na tinder (app ya telefone) yakozwe mu 2012 bikozwe n’Umunyamerika

Muri izo mbuga harimo na tinder (app ya telefone) yakozwe mu 2012 bikozwe n’Umunyamerika

Uribuka uburyo mu myaka ishize wafataga umuntu ukubwiye ko atuye cyangwa agiye mu Migina na Sodoma! Benshi iyo babonaga umuntu utuye muri utu duce batangiraga kumukeka amababa.

Ibi byaterwaga n’uburyo hari indiri y’uburaya kuko mu masaha y’umugoroba wahasangaga abakobwa b’ikimero bitunganyije bihagije ndetse bambaye imyambaro iha abagabo karibu, ibizwi nko gutega.

Yagize ati “Tinder nayimenye mu myaka itatu ishize ubwo nabaga Mwanza, muri Tanzania usanga bayikoresha cyane ku buryo benshi baba bayitunze

Hirya no hino mu gihugu utu duce twahozeho si mu Mujyi wa Kigali gusa nk’abazi Umujyi wa Muhanga bazi ahitwa mu Ruvemera habarizwaga indaya no mu Rutenga habarizwa iza generate.

Ahandi hamenyekanye ni mu Karere ka Rusizi ahitwaga ku Kabasazi habaga indaya zambukiranya imipaka kuko no muri Repubulika Iharanira Demokorasi ya Congo zari zizwi.

Abatazi ibibera ku mbuga nkoranyambaga iyo bageze ahategerwaga ntibahasange aba bakobwa bashima Imana bavuga ko batagitega, nyamara ntibazi ibiri kuba kuko gutega byimukiye ku mbuga nkoranyambaga.

Uru rubuga rutangaza ko rufite abantu basaga miliyoni 57 bamaze kurukoresha kuva 2021 yatangira kandi ko 13% by’abahuriyeho bakoze ubukwe.

Mu Rwanda uru rubuga naho rurakoreshwa ariko usanga rudakoreshwa cyane n’abantu bashaka guhura ngo bakundane bazashinge urugo. Oya! Ahubwo rukoreshwa n’abashaka abo baryamana.

Uru bigenda umuntu ubikeneye ashyira iyi porogaramu muri telefoni ye cyangwa mudasobwa agashyiramo imyirondoro ashaka gukoreshaho, agashyiraho amafoto y akagaragaza abantu ashaka kujya areba niba ari abagabo cyangwa abagore.

Read More
x

Lost Password